Abakoze ibyaha bose tuzabasanga aho bari: Kagame

Perezida Paul Kagame atangiza umwaka w’Ubucamana wa 2020-2021 kuri uyu wa Mbere tariki 07 Nzeri 2020, yavuze ko abakoze ibyaha byagize ingaruka mbi mu mateka y’u Rwanda, ubutabera buzabasanga aho bari hose.