Abanyarwanda 131.000 bakoresha Facebook!

Igihugu gifite abantu
benshi bakoresha
Facebook ni USA ifite
abarenga 157 000 000.
Igifite bake kurenza ibindi
ni Vatikani ifite 60
bonyine (mu baturage
bayo 800). U Rwanda rwo rufite abarenga 131 000.

Niyongabo Wilshere Patrick L’intellectuel-Scofield

1 COMMENT

  1. Nk’uko n’imibare (y’ukuri yego!) watanze ku bihugu bitatu ibyerekana ko Vaticano isanganywe abaturage 800 gusa mu gihe Amerika yo igeze kuri ziriya miriyoni, iyo uba watanze n’imibare y’abaturage bose hakagaragara ijanisha.
    Ikindi utatubwiye ni uko Facebook nyine ari urubuga rwashinzwe n’abanyamerika iwabo, nabo abandi tukaba turi “ingaruzwabuhanga” kuko nta bushobozi dufite bwo kwihangira urubuga rukora nka rwo.

    Nonese urakeka ko abashinwa nabo ari uko ?
    Oya bo bishingiye urwabo, i wabo, mu nyuguti zabo, kandi bo bakubye nka gatatu abo wasanze aribo benshi.

Comments are closed.