AmakuruIbyo twabasomeye Agnes Karibata avuga ku kibazo cy'inzara mu Rwanda June 26, 2016 Share on Facebook Tweet on Twitter Agnes Karibata, yahoze ari ministiri w’ubuhinzi mu Rwanda, ubu ayoboye ishyirahamwe nyafrika rishinzwe guteza imbere ubuhinzi, AGRA, aganira na Felin Gakwaya wa BBC Gahuzamiryango ku kibazo cy’inzara mu Rwanda.