Agnes Karibata avuga ku kibazo cy’inzara mu Rwanda

    Agnes Karibata, yahoze ari ministiri w’ubuhinzi mu Rwanda, ubu ayoboye ishyirahamwe nyafrika rishinzwe guteza imbere ubuhinzi, AGRA, aganira na Felin Gakwaya wa BBC Gahuzamiryango ku kibazo cy’inzara mu Rwanda.