Amahanga Arasaba ko Hakorwa Iperereza ku Rupfu rwa Kizito Mihigo

Umuhanzi KIzito MIhigo

Amashyirahamwe n’imiryango mpuzahagnaga y’uburenganzira bwa kiremwamuntu, n’amashyaka ya politiki y’abanyarwanda akorera hanze y’igihugu birasaba ko hakorwa iperereza ryigenga kandi ridafite aho ribogamiye ku bijyanye n’urupfu rw’umuhanzi w’umunyarwanda Kizito Mihigo. 

Kw’isonga, hariCommonwealth Human Rights Initiative ishamikiye ku muryango wa Commonwealth uhuza ibihugu byahoze bikolinizwa n’Ubongereza n’ibindi bikoresha cyane urwo rurimi. Inkuru irambuye, tuyibaze umunyakauru wacu Venuste Nshimiyimana uri mu biro by’Ijwi ry’Amerika I Londres mu Bwongereza.

1 COMMENT

  1. Kuki za commentaires zandikwaga kuli za articles zirimo gusohoka ku rubuga rwa “veritas info.fr” kimwe n’ izindi sites nyarwanda zitacyemererwa gushyirwaho !!! Why are comments on “Veritasinfo.fr” no more allowed or can’t be seen ????

Comments are closed.