Bamwe mu baturage baranenga uburyo Leta y’u Rwanda n’abandi batangiye gutanga ibiribwa

Leta y’u Rwanda yatangiye igikorwa cyo guha bamwe mu baturage batishoboye ibiribwa ifatanyije na bamwe mu baturage biyemeje gufasha bagenzi babo.

Ariko bamwe mu baturage baravuga ko inkunga idahagije bakumva ko hari ibirenzeho byagombye gukorwa.