Bonn: Perezida Kagame yemeye ko u Rwanda rugifite ibibazo by’ingutu.

Mu ijambo yavugiye mu gikorwa kiswe Rwanda Day i Bonn mu Budage kuri uyu wa gatandatu tariki ya 5 Ukwakira 2019, Perezida Kagame n’ubwo yivuze ibigwi akagera n’aho yemeza ko u Rwanda ntarwabagaho mbere y’ubutegetsi bwe ari yemeye ko mu Rwanda hakiri ibibazo by’ingutu: