UBUTUMIRE
Umuryango Rwanda Truth Commission utumiye ababyifuza bose mu
mihango yo kwibukira hamwe Abanyarwanda bo mu moko yose bishwe
bazira ubwoko bwabo.
Iyo mihango izabera I Buruseli mu Bubiligi ku wa
08 Mata 2018 guhera 14:00 – 17:00
Icyumba cy’inama kizatangazwa mu minsi ya vuba.
Bikorewe I Buruseli ku wa 05 Gashyantare 2018.
Rwanda Truth Commission
Jonathan Musonera
Prezida wa Komite nshingwabikorwa