(Buruseli, 08.04. 2018):KWIBUKIRA HAMWE ABANYARWANDA BISHWE BAZIRA UBWOKO BWABO

UBUTUMIRE

Umuryango Rwanda Truth Commission utumiye ababyifuza bose mu
mihango yo kwibukira hamwe Abanyarwanda bo mu moko yose bishwe
bazira ubwoko bwabo.

Iyo mihango izabera I Buruseli mu Bubiligi ku wa

08 Mata 2018 guhera 14:00 – 17:00

Icyumba cy’inama kizatangazwa mu minsi ya vuba.

 

Bikorewe I Buruseli ku wa 05 Gashyantare 2018.

Rwanda Truth Commission
Jonathan Musonera
Prezida wa Komite nshingwabikorwa