Col Byabagamba yavuza ko icyizere yagiriwe ari ingaruka z’inzara, ibyuya n’amaraso yamennye atari Cadeau yahawe!!

Kuri uyu wa kane tariki ya 5 Nzeli 2019, urubanza rwa Gen Frank Rusagara na Col Tom Byabagamba rwakomeje mu rukiko rw’ubujurire aho Col Byabagamba yak-meme gusobanura ubujurire bwe mu magambo akomeye ahanganye n’ubushinjacyaha.

Mu ihangana mu rukiko byageze aho Gen Frank Rusagara afatwa n’ibitwenge kubera ibyavugwaga na muramu we Col Byabagamba.

Col Byabagamba yarezwe kandi kuvuga ko Lt Joel Mutabazi arengana.

Ni mu nkuru irambuye y’umunyamakuru Eric Bagiruwubusa wa Radio Ijwi ry’Amerika wari mu rukiko i Kigali: