Col Jean Baptiste Bagaza yatangaje ko akiriho!

Mu kiganiro yagiranye na BBC Gahuza Miryango, Col Bagaza wayoboye u Burundi hagati ya 1976 na 1987 yatangaje ko ari muzima atigeze arwara avuga ko abavuze ko yapfuye batakagombye kugira ubwoba kuko ngo n’ubundi azapfa vuba!

Yatangaje kandi ko ubutegetsi bwa Perezida Nkurunziza bunaniwe bityo hakaba hari benshi bifuza ko bwasimburwa. Yavuze kandi ko n’ubwo ashaje hari icyo ashobora gufasha mu gukemura ibibazo by’u Burundi.

Ubu Col Bagaza arakabakaba imyaka 69 y’amavuko

Mwakumva ikiganiro yagiranye na BBC Gahuza Miryango hano>>>>

The Rwandan

Email: [email protected]