Congo: Col Rukunda Makanika yasobanuye impamvu yatorotse igisirikare cya Leta

Col Michel Rukunda Makanika.

Nyuma y’iminsi havugwa ko umunyamulenge Col Michel Rukunda Makanika wabaga mu ngabo za Leta ya Congo (FARDC) yatorotse ndetse n’ubuyobozi bw’igisirikare cya Congo bugasohora itangazo buvuga ko bumufata nk’umwanzi, uwo musirikare wari mu bayobozi b’ingabo za Congo i Rutshuru muri Kivu y’amajyaruguru yavuganye na Radio Ijwi ry’Amerika asobanura impamvu yatumye afata icyo cyemezo gikomeye.

Ni mu kiganiro musanga hano hasi: