Cyrie Sendashonga yandikiye Leta ya Kenya ayisaba kongera gukurikirana abishe umugabo we

Dr Cyrie Sendashonga

Nyuma y’imyaka 21 Seth Sendashonga, wahoze ari Ministre w’ubutegetsi bw’igihugu mu Rwanda yishwe ndetse na nyuma y’amagambo ya Perezida Kagame yavuze ku rupfu rwa Seth Sendashonga, Madame Cyrie Nikuze Sendashonga yandikiye Perezida wa Kenya amusaba kongera gukurikirana abishe umugabo we.

Yagisobanuye mu kiganiro yagiranye na Radio Ijwi ry’Amerika musacnga hano hasi: