Dr David Himbara aranenga ibyavuzwe na Kagame muri Nigeria

Dr David Himbara

Mu kiganiro yagiranye na Radio Urumuli, Dr David Himbara wahoze ari umujyanama wa Perezida Kagame yatangaje ko ibyo Perezida Kagame yavugiye mu gihugu cya Nigeria ku bijyanye no kurwanya ruswa mu Rwanda bihabanye n’ukuri.

Mushobora kumva hano hasi ikiganiro yagiranye n’umunyamakuru Jean Claude Mulindahabi.