Etienne Masozera aratubwira icyo ubumwe n’ubwiyunge nyabwo bishingiraho

Etienne Masozera ni Perezida w’ishyaka Amahoro People’s Congress. Mu kiganiro yagiranye na Radio Urumuri mu mpera z’icyumweru gishize, aratubwira icyo ubumwe n’ubwiyunge nyabwo bishingiraho.

Muri iki kiganiro, turumva kandi, Umunyamabanga nshingwabikorwa wa Komisiyo y’ubumwe n’ubwiyunge Fidèle Ndayisaba, Arikipisikopi wa Kigali, Musenyeri Antoine Kambanda, ndetse hari n’umuvugabutumwa w’umupasiteri mu Rwanda ugira icyo avuga ku bumwe n’ubwiyunge.