Habaye hariho ubutabera butabogamye ntacyabuza Felisiyani Kabuga kubwitaba: Dr Paulin Murayi

Radio Impala ku bufatanye n’ikinyamakuru The Rwandan yaganiriye na Dr Paulin Murayi, umukuru w’ishyaka RDU/UDR akaba na Visi Perezida wa kabiri w’impuzamashyaka CPC ihuriwemo n’amashyaka RDI Rwanda Rwiza, FDLR, PS Imberakuri na RDU/UDR.

Muri icyo kiganiro Dr Paulin Murayi yasubije ibibazo bya Marc Matabaro.

Mushobora gukurikirana ikiganiro cyose hano hasi: