Kuri uyu wa mbere tariki ya 28 Ugushyingo 2016, mu rukiko rw’ibanze rwa gisirikare i Nyamirambo mu gitondo haburanishijwe urubanza rwa Sous-lieutenant Henri Jean Claude Seyoboka, wahoze ari umusirikare mu ngabo z’u Rwanda mbere ya 1994 uherutse kwirukanwa na Canada.
Umwunganira ntabwo yashoboye kugaragara mu Rukiko, S/Lt Seyoboka yavuze ko nta kintu na kimwe ashobora kuvuga mu rukiko nta mwunganizi mu mategeko uhari.
Umunyamakuru wa Radio Ijwi ry’Amerika, Eric Bagiruwubusa yakurikiranye iyo nkuru: