Ibyo Bernard Ntaganda yaciyemo mu buzuma bwe kugeza ubu biteye agahinda!

Me Bernard Ntaganda

Ibi ni ibiganiro byateguwe n’igitangazamakuru umunyamakuru.com aho umunyamakuru Tharcisse Semana yaganiriye Me Bernard Ntaganda ku buzima bwe kuva akiri umwana kugeza ubu.