Igice cya 7 cy’ikiganiro kuri kudeta yo muri 1973

Mu kiganiro Murisanga turumva igice cya Karindwi kuri Kudeta yabaye mu Rwanda muri 1973.

Ni kudeta yakuyeho ubutegetsi bw’uwari Perezida Gerigori Kayibanda igashyiraho ubutegetsi bwa Perezida Yuvenali Habyarimana.

Haratumikirwa ahanini bamwe mu mfubyi z’abari abanyapolitiki bakomeye muri 1973.

Radio Ijwi ry’Amerika riravugana kandi n’abandi bantu bakurikiraniye hafi bimwe mu byaranze kudeta nyirizina.

Kuri iki cyumweru haahawe n’ijambo abifuje kugira icyo bongera ku biganiro byatambutse mbere.