Impunzi 15000 z’abanyarwanda bahawe uburenganzira bwo kuba muri Zambiya nk’abaturage basanzwe

    Imiryango y’impunzi z’abanyarwanda igera ku 15000 iba mu gihugu cya Zambiya yamaze gushyirwa muryango w’abaturage b’igihugu cya zambiya nkuko bitangazwa na Minisitiri ushinzwe mibereho myiza y’abaturage wa Zambiya abitangaza.

    Ni ibyakozwe muri gahunda y’ubufatanye hagati ya Zambiya n’ishami ry’umuryango w’Abibumbye ryita ku mpunzi UNHCR. Ibi bibaye nyuma yaho impunzi z’abanyarwanda zikuriweho sitati y’ubuhunzi

    Inkuru irambuye>>