IPEREREZA RITARANGIRA KU BICWA MU RWANDA BATAVUGA RUMWE N’ UBUTEGETSI RIHATSE IKI? ICYEGERANYO.

Mu gihe ubutegetsi bwa Kigali budasiba kuririmba ko Umutekano ariwo musingi wa cyama cya Rupiyefu, impfu zidasobanutse z’abatavuga rumwe n’ubutegetsi zikomeje kwerekana ko umutekano ntawo.

Uko utavuga rumwe n’ubutegetsi apfuye, niko leta itangaza ko iperereza ritangiye ariko bikarangira nta gikozwe.

Muri iki cyegeranyo turagaruka ku batavuga rumwe n’ubutegetsi basa n’abavangurwa mu banyarwanda iyo igihe cyo guhabwa ubutabera kigeze cyangwa bishwe.