ISHYAKA ISHEMA RY’U RWANDA RIGIYE GUTAHA MU RWANDA; NI KU NSHURO YA GATATU RIBIGERAGEZA

Chaste Gahunde,

– Mu mwaka wa 2016 no mu wa 2017 abataripfana barangajwe imbere na Padiri Thomas NAHIMANA bangiwe kwinjira mu Rwanda. Leta y’u RWANDA yahaye gasopo ku ndege iyo ariyo yose yagerageza kubatwara, ndetse ivuga ko ikompanyi y’indege yabirengaho yafatirwa ibihano birimo no kutongera kwemererw gukorera mu Rwanda.

– Kuri Micro ya Jean-Claude MULINDAHABI, Chaste GAHUNDE Visi Perezida w’ishyaka ISHEMA RY’U RWANDA arasobanura uko biteguye kugera mu Rwanda.