KALISA MUBARAK ARANYOMOZA IGITABO CYA ALAIN MUKURARINDA KO CYUZUYE ITEKINIKA

Nyuma yuko Umushinjacyaha Alain Mukurarinda yanditse igitabo avuga ko Leta y’u Rwanda yari ifite ibimenyetso simusiga, mu rubanza rwa Mme Victoire Ingabire, ndetse ko nta tekinika ryabayemo, umwe mu bazi ukuri kwabyo yaganiriye na Radio Itahuka atubwira ko ahubwo ari itekinika gusa gusa ryabaye muri urwo rubanza.

Kalisa Mubarak aratubwira uko azi abari mu rubanza rwa Ingabire nk’abatangabuhamya ba leta ndetse n’uko Leta ya tekinitse ubuhamya.