KWIBUKIRA HAMWE N’IBIGANIRO KU NZIRA ZO KWEZA U RWANDA (Buruseli, 13.4. 2019)

UBUTUMIRE

Muri iki gihe Abanyarwanda n’Isi yose bitegura kwibuka ku ncuro ya 25 jenoside yakorewe Abatutsi, 

Umulyango Rwanda Truth Commission utumiye ababyifuza bose mu muhango wo kwibukira hamwe jenoside yakorewe 

Abatutsi na jenoside yakorewe Abahutu ikomeje gupfukiranwa.

Uwo muhango uzaba n’umwanya wo gutangiza ibiganiro ku nzira yo kweza no kugangahura u Rwanda, 

Abanyarwanda bakava ibuzimu bakajya ibuntu.

Bizabera i Buruseli mu Bubiligi ku wa 13 Mata 2018 guhera 11:00 – 17:00

Icyumba cy’inama kizatangazwa nyuma.

Bikorewe I Buruseli ku wa 21 Gashyantare 2019.

Rwanda Truth Commission

Jonathan Musonera

Prezida wa Komite nshingwabikorwa

Dr. Nkiko Nsengimana

Perezida w’inama y’Ubuyobozi