Leta ya Congo irahakana iyinjira ry’ingabo z’u Rwanda ku butaka bwayo

Carly Nzanzu Kasivita, Guverineri w'intara ya Kivu y'amajyaruguru

Nyuma y’aho impuzamashyaka MRCD isohoreye itangazo itabariza impunzi z’abanyarwanda ziri muri Congo ivuga ko zigiye kugabwaho ibitero n’ingabo za Leta y’u Rwanda zinjiye muri Congo zambaye imyenda isa n’iy’ingabo za Congo, Guverineri w’intara ya Kivu y’amajyaruguru, Carly Nzanzu Kasivita yabwiye umunyamakuru wa Radio Ijwi ry’Amerika Vénuste Nshimiyimana ko ibyavuzwe by’ingabo z’u Rwanda zinjiye muri Congo nta shingiro bifite.

Ni mu kiganiro musanga hano hasi: