Major Mupende nyuma yo kuvuga ku rupfu rwa Gen Rwigema, aratubwira byinshi bigoye amaze gucamo

Major Michael Mupende nyuma yo kuvuga ku rupfu rwa Gen Fred Gisa Rwigema, aratubwira byinshi bigoye amaze gucamo:

-Impanuka y’imodoka ikomeye igikorwaho iperereza ngo harebwe niba itari igambiriwe.

-Gushaka guhohoterwa n’abashyigikiye ubutegetsi bw’i Kigali mu nzu y’uburiro muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika

-Kwibasirwa mu mvugo n’abayobozi b’u Rwanda barimo Gen James Kabarebe n’ibindi

Ibi bikubiye mu kiganiro kirekire Major Michael Mupende yagiranye n’umunymakuru wa The Rwandan kuri uyu wa kabiri tariki ya 31 Ukuboza 2019.