Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko umurwayi witabye Imana ari umushoferi w’imyaka 65 wari utuye mu gihugu cy’abaturanyi, wahisemo gutaha mu Rwanda nyuma yo kuremba.
Yakomeje igira iti “Yitaweho n’abaganga mu kigo cyagenewe kuvura Coronavirus. Ariko yaje gupfa azize kwangirika imyanya y’ubuhumekero.”