MWENEDATA Gilbert: URUGENDO RWE MURI PORITIKI,UKO YAHUNZE N’IBINDI BINYURANYE TWAGANIRIYE!

Nyuma yo kwiyamamariza kuba intumwa ya rubanda muri 2013 ndetse no gushaka kwiyamamariza kuba Perezida wa Repubulika muri 2017, Gilbert Mwenedata yaje guhunga igihugu aho akorera politike ye ubu mu mahanga.

Aravuga ko ariko ari mu kwitegura gusubira i Kigali n’ubwo bishobora gufata igihe.

Presenter: Jean Ngendahimana

Guest: Gilbert Mwenedata, President w’ishyaka rya politike IPAD RWANDA