Ibi byatangajwe na Jean-Claude Nkubito ubwo twamubazaga icyo avuga ku mikirize y’urubanza rwarimo n’abo mu muryango wa nyakwigendera Assinapol Rwigara.
Nkubito aranemeza ko Minisitiri w’ubutabera Johnston Busingye yakoze amakosa yo kujya ku karubanda nyuma y’isomwa ry’urubanza, akavuga ko abategetsi bagiye kureba ingaruka zizakurikira iriya mikirize y’urubanza, no kwiga icyo bazakora.
ariko wamugani icyo bazakora bivuze iki?