Ndi uwa nyuma warokokeye i Mbandaka

Ubuhamya bw’umuntu warokokeye muri Congo ari umwana mutoya. Ababyeyi be barishwe akajya yicwa n’inzara.

Byageze aho akajya acunga abagiye kurya nawe agakoramo. Yari apfiriye muri Congo aza gukizwa n’abanyekongo bamwurije ubwato bwa nyuma bwahagurutse i Mbandaka.