Ngo mu Rwanda nta bantu bafungirwa ahantu hatazwi!!

Ibi byavuzwe kuri uyu wa Mbere tariki ya 11 Gashyantare 2019, ubwo inzego zitandukanye zirimo Ubushinjacyaha bukuru, Urwego rw’Igihugu rushinze Ubugenzacyaha (RIB), Polisi y’igihugu n’izindi nzego, zagiranaga ikiganiro n’itangazamakuru ku Cyumweru cyahariwe kurwanya ruswa mu nkiko, cyatangiye kuri uyu wa 11 kugeza ku wa 15 Gashyantare 2019.

Inkuru y’umunyamakuru Eric Bagiruwubusa