Mu kiganiro yagiranye na Radio Ijwi ry’Amerika uwahoze ari umukarani w’Umwami Kigeli V Ndihindurwa ari we Boniface Benzinge yatangaje ko Umwami Kigeli V Ndahindurwa yasize avuze ko atazatabarizwa mu Rwanda.
Kuri Boniface Benzinge ngo gutabariza Umwami mu Rwanda ngo ntabwo bishoboka n’ubwo ngo hari abarimo kubishyiramo ingufu
Mushobora kumva ikiganiro uwahoze ari Umukarani n’umuvugizi w’umwami Kigeli V Ndahindurwa ari we Boniface Benzinge yagiranye n’umunyamakuru wa Radio Ijwi ry’Amerika, Thomas Kamilindi.
Benzinge Imana izakugororera wamubayeho imyaka yose ntunamutereranye umwuka umuhezemo nguko uko abagabo berekana urukundo kabandi ntibahemuke byubu turashimira ubwitange wagize