Pasteur Ezra Mpyisi yatanze ibisubizo byinshi byuje urujijo

Pasteur Ezra Mpyisi

Mu kiganiro n’abanyamakuru pasiteri Ezra Mpyisi yamaganiye kure iyimikwa ry’umwami Yuhi VI Emmanuel Bushayija ryabereye mu mahanga. Yaryise iyimikwa ry’amafuti ryaje ritunguranye.

Yasobanuye ko Umwami Yuhi VI Emmanuel Bushayija yimitswe n’abantu babiri atasobanuye.

Ku ngingo yo kuba nyuma yo gutabariza umwami Kigeli V hari undi uzimikwa ku ruhande rw’abagize umuryango bari mu Rwanda, Mpyisi yatanze igisubizo kiri mu gihirahiro.

Inkuru irambuye na Eric Bagiruwubusa wa Radio Ijwi ry’Amerika