Rwanda Day 2019 izabera mu Budage.

Yanditswe na Marc Matabaro

Amakuru agera Kuri The Rwandan ava muri bamwe mu bahagarariye u Rwanda mu bihugu by’i Burayi aravuga ko Rwanda Day y’uyu mwaka 2019 izabera mu Budage.

Nk’uko ayo makuru akomeza abivuga ngo iyo Rwanda Day iteganijwe kuba ku tariki ya 23 cyangwa 24 Kanama 2019.

Kugeza ubu nta makuru aratangwa y’umujyi iyo Rwanda Day izabera. Nk’uko bisanzwe bigenda aho izabera hakunze kugirwa ibanga kugeza ku munsi wa nyuma akenshi bikorwa mu rwego rwo kwirinda ko haba imyigaragambyo yo kwamagana Perezida Kagame ukunze kuba ari umushyitsi mukuru.

1 COMMENT

  1. Ariko Kigali yamenya gupfusha ubusa amafaranga ya rubanda!!!izo za Rwanda Days ni izo kumara iki? noneho ngo Rwanda nicyo gihugu cy’Afrique gifite za ambassades na Consulats nyinshi kandi muzi ukuntu bihenda. Nko muri SADEC Rwanda ifite ambassade muri SA,muri Zambie,Zimbabwe,Angola, Mozambique… izo zose zakabaye zihagarariwe n’ambassade imwe yagira ikicaro i Pretoria. Ariko ntabwo ari ambassades bashaka, bashyiraho ibiro byo kwica abantu bagashyiramo abatutsi gusa. Rwanda waragowe!!!

Comments are closed.