Rwanda: Leta yashyizeho ibihano ku bazunguzayi n’ababaha icyashara!

    Umujyi wa Kigali uheruka kwemeza ko umuntu ugaragayeho ikosa ryo gucururiza no kugurira mu muhanda mu Mujyi wa Kigali, azacibwa ihazabu ingana 10 000 Frw. Nyuma y’umwaka n’amezi abiri, aya mabwiriza yatangiye gukurikizwa amaze gusohoka mu igazeti ya Leta yo kuwa 18 Nyakanga 2016.

    Inkuru irambuye>>