Rwanda: mushiki wa Perezida Kayibanda yashyinguwe.

Perezida Grégoire Kayibanda wategetse u Rwanda hagati ya 1961 na 1973

Kuri uyu wa gatandatu tariki ya 28 Ukuboza 2019, habaye Umuhango wo gushyingura mushiki wa Perezida Grégoire Kayibanda, Nzabanita Anne Marie witabye Imana afite imyaka 71 asize umugabo n’abana 6 n’abuzukuru 19, yari atuye mu Kagari ka Nyamagana mu Karere ka Ruhango, yari afite paralysie yari amaranye igihe kirekire.

Inkuru dukesha umunyamakuru Nkusi Uwimana Agnes uri mu Rwanda.