Ubuhamya bwa bamwe mu bakoranye na Seth Sendashonga n’abafite ukundi bamuzi

Ku itariki ya 2 z’ukwezi kwa gatandatu i Bruxelles, mu mujyi w’Ububiligi, hijihijwe ku nshuro ya 20 umunyapolitiki Seth Sendashonga yishwe.

Muri ibyo birori byari byitabiriwe n’abantu barenze ijana na mirongo, twakiriye ubuhamya bw’abantu batandukanye bafite uko bamuzi.