Ubushinjacyaha bwasohoye imyanzuro y’iperereza ku rupfu rwa Kizito Mihigo.

Kizito Mihigo

Umunyamakuru wa Radio Ijwi ry’Amerika, Eric Bagiruwubusa yakurikiranye ibijyanye n’iyi ncamake ya raporo nk’uko mubyumva hano hasi:

..

2 COMMENTS

  1. Ni igitambambuga nticyakwemera biriya binyoma bidafite aho bishingiye. Nta n’ubwo bazi kubeshya. Amashuka ntaba kuri station ya police, nta dirishya riba mu kasho.Abarinzi ngo bari kure mu gihe bagomba kuba hafi byaba ngombwa bakifashisha caméra kubera iterambere duhora turirimba. Naho yaba yariyahuye uwari umufunze niwe ugomba kumubazwa. Amateka azabagamburuza.

  2. Abanyarwanda tuzakomeza guceceka kugeza ryari? Turwke kuna abatesi ngo dutakire ingoyi idateze kudohoka. Ntawe upfa2 tugomba guhaguruka tugakubita izi nyana z’imbwa. Ibi zikangisha bigomba guhagarara. Abantu ntibabona ko igihe cy’ubwoba cyarangiye?

Comments are closed.