Ubuzima butangaje uyu mwana yanyuzemo||Yari umwana ukina n’abandi abikurwamo n’amasasu

Mu buhamya bwa Jean Pierre aratubarira ukuntu ari umwana muto yatanye n’ababyeyi akajya yirirwa abaririza aho bari. Yarahangayitse cyane ku buryo yasenze amasengesho ya nyuma inshuro nyinshi.