Ukwemera ibyaha kwa Sankara-abanyamategeko barabivugaho iki?

Kuri uyu wa gatanu tariki ya 24 Gicurasi 2019, mu kiganiro Radio Urumuli mu ijwi ry’umunyamakuru wayo Jean Claude Mulindahabi yakoze ku kwemera ibyaha kwa Major Callixte Sankara Nsabimana ubwo yagezwaga mu rukiko kuri uyu wa kane tariki ya 23 Gicurasi 2019, hiyambajwe abanyamategeko b’inararibonye bakora umwuga wo kunganira abantu mu nkiko, maze bakora isesengura ry’amategeko uko babonye igezwa rya mbere rya Major Sankara imbere y’abacamanza.

Abo ni: Me Schadrack Ruyenzi na Me Joseph Cikuru Mwanamaye murabumva mu kiganiro musanga hano hasi: