Umufasha wa Barafinda arasaba ko arekurwa.

Umufasha wa Barafinda Sekikubo Fred, ari we Marie Louise Mukantaho, aravuga ko nta burwayi bwo mu mutwe afite agasaba ko arekurwa.

Mu kiganiro yagiranye na Radio Ijwi ry’Amerika, yavuze ko umugabo we azira politiki ndetse ngo yatewe imiti ikamutera kumererwa nabi.

Mushobora kumva ikiganiro cyose hano hasi yagiranye na Eddy Rwema, umunyamakuru wa Radio Ijwi ry’Amerika:

…..