Umugogo w’Umwami uzatabarizwa aho ari ho hose ariko atari mu Rwanda: Boniface Benzinge

Boniface Benzinge

Amakuru ahera kuri The Rwandan muri uyu mugoroba wo ku wa gatanu tariki ya 4 Ugushyingo 2016, aravuga ko uwahoze ari umukarani ndetse n’umuvugizi w’Umwami Kigeli V Ndahindurwa ari we Boniface Benzinge ashyigikiye bidasubirwaho ko umugogo w’Umwami watabarizwa mu mahanga nk’uko Umwami yabisabye mbere yo gutanga.

Mutege amatwi uko yabisobanuye mu kiganiro yahaye Radio BBC Gahuza Miryango

 

The Rwandan