Umukuru wa FDLR yitabye Imana

Dr Ignace Murwanashyaka

Yanditswe na Marc Matabaro

Amakuru agera kuri The Rwandan kuri uyu wa kabiri tariki ya 16 Mata 2019 ni avuga ku rupfu rw’uwari umuyobozi wa FDLR.

Nk’uko ayo makuru akomeza abivuga Dr. Ignace Murwanashyaka yitabye Imana uyu munsi tariki ya 16.04.2019. Azize uburwayi.

Yaguye mu bitaro. Bamaze kumubaga. Yari akiri mu gifungo cy’agateganyo i Mannheim mu Budage kuko urubanza rwe rutarakatwa.

Imana imuhe iruhuko ridashira.