Umuvugizi wa RIB yirinze kugira icyo avuga ku mafaranga yakuwe kwa Ingabire no kwa Ntaganda.

Marie-Michelle Umuhoza, Umuvugizi wa RIB

Nyuma y’isakwa ry’ingo z’abatavugarumwe na Leta mu Rwanda, inzego z’umutekano zigatwara ibintu bitandukanye birimo ibikoresho by’itumanaho, amafaranga n’inyandiko.. Radio Ijwi ry’Amerika yashoboye kuvugana:

– n’umuvugizi wa DALFA Umurinzi, Jean Mahoro,

-umukuru wa PS Imberakuri, Me Bernard Ntaganda

-Umuvugizi wa RIB, Marie Michelle Umuhoza

Ni mu nkuru yateguwe n’umunyamakuru wa Radio Ijwi ry’Amerika, Eric Bagiruwubusa musanga hano hasi:

.

.