Urubanza rwa Dr Joseph Nkusi rwakomeje mu bujurire

Kuri uyu wa gatatu tariki ya 17 Nyakanga 2019, urubanza mu bujurire baa Dr Joseph Nkusi rwakomeje, mushobora gukurikira uko urwo rubanza mu nkuru y’umunyamakuru wa Radio Ijwi rya Amerika, Eric Bagiruwubusa: