Urubanza rwa Octavien Ngenzi na Tito Barahira rurimo amanyanga Emmanuel Neretse

Major BEM Emmanuel Neretse

Octavien Ngezni na Tito Barahira baraburanishirijwa i Paris mu Bufaransa. Urubanza rwabo rurimo amanyanga kuko bafunzwe by’agateganyo imyaka irega ine nkuko amategeko yo mu Bufarans abyemera. Ariko babirenzeho, aho kubafungura bemeza ko urubanza rukomeza. Dukeka ko aribyo byatumye umwe mu bashinjacyaya asaba kuva muri urwo rubanza nkuko umutima nama we wabimusabaga. Ibyo byose rero birakorwa n’umufransa witwa Alain Gauthier we n’umugore we w’umunyarwandakazi Dafrose, bihishe inyuma y’umuryango udaharinira inyungu. Nibo rero bagiye gushaka abashinja bariya bagabo babiri, Leta y’u Rwanda yari yarateguye imaze kubigisha ibyo bazabeshya.

https://soundcloud.com/radio-inkingi/08-06-2016-urubanza-rwa-octavien-ngenzi-na-tito-barahira-rurimo-amanyanga-emmanuel-neretse?in=radio-inkingi%2Fsets%2Fibiganiro