Urugendo rwo kwibuka ubwicanyi bwose bwabereye mu Rwanda-Bruxelles 06-04-2017

Kuya 06/04/2017 i Bruxelles mu Bubiligi habereye urugendo rwo kwibuka ubwicanyi ndengakamere bwabaye kuva kuri iyo tariki ubwo indege y’uwari PrĂ©sident w’u Rwanda JuvĂ©nal Habyarimana yahanurwaga. Hari abantu bageze kuri 200. Matata niwe wavuze ijambo ry’uwo munsi yerekana ko ari abahutu, abatutsi, abatwa ndetse n’abanyamahanga bose batakaje abantu.