URUNGANO RWA KIZITO MIHIGO RURAHAMYA KO YISHWE

Umuhanzi KIzito MIhigo

Nyuma y’urupfu rwa Kizito Mihigo urungano rwe rurahamya ko yishwe rukanasaba ko imigabo n’imigambi bye byashyirwa mu bikorwa.

Ubundi kandi urupfu rwa Kizito rwamaze kurenga imipaka y’u Rwanda, isi yose ubu irimo kumuhimbaza ari nako yemeza ko Kizito atiyahuye ko ahubwo yishwe.