Urwango abayobozi bafitiye abaturage mu Rwanda – Covid19 yabaye intwaro yo kwica abantu bahagaze?

1 COMMENT

  1. Ahubwo uvuga iby’amashuli adatangira mu Rwanda wagombaga no gutsindagira ko abana b’abategetsi bo bitazabagiraho ingaruka kuko bo biga mu bihugu by;amahanga ( America, Europe…) aho ayo mashuli yafunguye. Abategetsi bose kuva kuli Pt , Minister… General, Colonel…Gouvrneur . Meya… Abanyemali… ntawe umwana we tiga mu Rwanda. Donc amashuli afunze mu Rwanda bazi ko nta ngaruka bizagira ku bana babo, ahubwo ko bireba rubanda rwa giseseka batitayeho.

Comments are closed.