Amakuru agera kuri the Rwandan muri iri joro ryo ku wa mbere tariki 28 rishyira ku wa kabiri tariki 29 Ugushyingo 2016, aravuga ko umujyanama w’umukuru w’igihugu cy’u Burundi mu bijyanye n’itumanaho, Bwana Willy Nyamitwe yarusimbutse ubwo yagabwagwaho ageze hafi y’iwe i Bujumbura mu Kajaga n’abantu bitwaje intwaro.
Nk’uko ayo makuru akomeza abivuga ngo Bwana Willy Nyamitwe yajyanywe kwa muganga kuvurwa aho yakomeretse ku kubiko ariko umwe mu bamurindaga we ntabwo yagize ayo mahirwe kuko yahasize ubuzima undi agakomereka cyane.
Radio Ijwi ry’Amerika yashoboye kubona amakuru arambuye: