Gereza ya Huye imyigaragambyo y’imfungwa kubera ikinyoma ku ndwara y’iseru

Yanditswe na Kantengwa Alice Hashize iminsi itari micye ubuyobozi bw’amagereza mu Rwanda butangaje ko hari icyorezo cy’indwara cyateye mu magereza atandukanye harimo gereza ya Nyarugenge iri mu Murenge wa Mageragere, Gereza ya Muhanga iri mu Ntara y’Amajyepfo, Gereza ya Ngoma iri mu Ntara y’uburasirazuba, ibi bikaba byaratumye gusura imfungwa n’abagororwa bihagarara ku buryo bamwe batangiye … Continue reading Gereza ya Huye imyigaragambyo y’imfungwa kubera ikinyoma ku ndwara y’iseru